Kuri Stade Amahoro harimo kuberera umupira uhuza abahanzi bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar n’ikipe igizwe n’abanyamakuru b’imyidagaduro umupira ukaba watangiye kusaha ya saa cyenda n'igice mbere y'uko umupira utangira abakinnyi bafashe umunota umwe bacecetse bibuka abazize jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.
uyu mupira witabiriwe naba fana benshi cyane bari banaje kwirebera ahahanzi bakunda doreko abenshi babumva ntamahirwe yo kubabona imbona nkubone,
icyagaragaye n'uko nabandi bahanzi batari muri iri rushanwa rya PGGSS II nabo bitabiriye uyu mukino baje kwifanira abahanzi bagenzi babo aho tubona nka GITOKO naba sore babiri bomuri ARBAN BOYZ nabandi bahanzi bajyiye bicara ahantu hatandukanye mubafana,
28/4/2012 ku isaha ya saa munani z’amanywa ,ruzaba rwambikanye hagati y’abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS n’abanyamakuru bakora ibiganiro by’imikino n’imyidagaduro.
Uyu mukino uzaba ku isaha ya saa munani z’amanywa ntibizaba byoroshye na gato dore ko ku mpande zombi abakinnyi bakaniye. Uyu mukino uzabera kuri stade Amahoro wateguwe mu rwego rwo kwibuka abahanzi n’abanyamakuru bahitanwe na Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Muri uyu mukino w’abahanzi bakunzwe mu Rwanda bari mu irushanwa rya PGGSS bagerageza kuba bakina umupira w'amaguru. Hazanagaragaramo abanyamakuru basanzwe bazwi mu bitangazamakuru bitandukanye bivuga ku myidagaduro.
Ntago ari abanyamakuru n’abahanzi gusa bazakina uyu mukino dore ko harimo na bamwe mu bakozi ba Bralirwa na East African Promoters.
Dore abakinnyi bahamagawe kuri buri ruhande :
Umuhanzi Emmy niwe washyize indabo ku rwibutso rwa Ntarama, naho ku rwibutso rwa Nyamata Bull Dog na Riderman nibo bashyize indabo kuri uru rwibutso.
Usibye Knowless uri mu Ububiligi abandi bahanzi 9 bazahatana muri PGGSS II bari bitabiriye uyu muhango wo gusura inzibutso za Ntarama na Nyamata mu Ubugesera.
Birakwiye ko abahanzi nabo bagera kunzibutso kandi nabo bakigisha ku bibi bya jenoside
aba bahanzi batanze ni nkunga yamafaranga ibihumbi magana atatu (300,000frws)
Ku itariki ya 31 Werurwe 2012, ni umunsi wari umaze igihe kigera ku mwaka wose utegurwa n’IKIREZI Group ari nayo itanga ibihembo bya Salax Awards ku bahanzi n’abantu baba barabaye indashyikirwa muri muzika buri mwaka. Kuri uyu munsi wo gutanga ibi bihembo abateguye iki gikorwa ni abo gushimirwa by’umwihariko kubera ubwitange ndetse n’udushya bagaragaje mu itegurwa ry’ibi birori byari byitabiwe n’abantu b’ingeri zose.
IKIREZI ltd yateguye ibi birori yagaragaje ubwitange, ubushishozi, guha agaciro abahanzi nyarwanda ndetse n’iki gikorwa muri rusange nkuko byagaragaye ku munsi wo kuwa GATANDATU.
Ibihembo byatanzwe kubahanzi mu njyana n’ibikorwa bitandukanye bagezeho mu mwaka wa 2011.
Uko ibihembo byatanzwe :
Hano turagendera kw`isaha yabari Amerique de l`Est
*Indirimbo zinyuranye*
11h00`Am : UMUNSI W`IMANA. Messe en francais

9h00 Pm: Twidagadure kuri radio susuruka
23h00 H.de KIGALI: INDIRIMBO GAKONDO Igitaramo

Gahunda z`ijoro ziratangira 3h:00 am
----------------------
Ino ngenga bihe ishobora guhinduka cyangwa tukongeramo izindi gahunda.
Hagati aho iracyari agateganyo.
06:00: Urubuga rw`abadivantiste b`umunsi wa 7
14:00 :umuziki
susuruka music mix
23h00 Umwanya yo kwidagadura & indirimbo zinyuranye
Ino ngenga bihe ishobora guhinduka cyangwa tukongeramo izindi gahunda.
Hagati aho iracyari agateganyo.
Kuwa kane
14:00: gutangira ibibiganiro
14:30: Country music
15:00: Umuziki unyuranye
-------------------------------------
05:00 : Indirimbo zinyuranye
14:00 : -Publicite+ Radio
14:10 : -Isomo ry`umunsi
14:15 : -Sa Parole pour aujourd´hui
18:30 : Top 40 rediffusion music mix

Mushobora ragusuhuza no kuganirira abandi live kuri skype
---------------
Ino ngenga bihe ishobora guhinduka cyangwa tukongeramo izindi gahunda.
Hagati aho iracyari agateganyo.
Ushobora gutera inkunga radio susuruka unyuze kuri uyu murongo






![]() | Today | 64 |
![]() | Yesterday | 224 |
![]() | This week | 288 |
![]() | Last week | 1365 |
![]() | This month | 4847 |
![]() | Last month | 8065 |
![]() | All days | 62014 |