web radio susuruka

Winamp windows Media Player Real Player QuickTime
Listen Live/direct
  • Kurikira umupira uri guhuza Abahanzi n'abanyamakuru bo mu Rwanda

    Samedi, 28 Avril 2012 18:00
  • Umukino uzahuza abahanzi n'abanyamakuru

    Jeudi, 26 Avril 2012 13:01
  • Abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS II basuye inzibutso za Jenocide

    Mardi, 10 Avril 2012 10:39
  • Ntibyari byoroshye kumenya abatsinze Salax Awards

    Lundi, 02 Avril 2012 13:16
  • ABAHANZI 10 BAKOMEJE MWIRUSHANWA RYA PGGSS 2

    Mercredi, 21 Mars 2012 09:08

Amakuru y`u Rwanda umunota k`uwundi updated every hours

Winamp windows Media Player Real Player QuickTime
Listen Live/direct
call radio susuruka
Samedi, 28 Avril 2012 18:00

Kurikira umupira uri guhuza Abahanzi n'abanyamakuru bo mu Rwanda

Published in imikino Written by leonardo

Kuri Stade Amahoro harimo kuberera umupira uhuza abahanzi bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar n’ikipe igizwe n’abanyamakuru b’imyidagaduro umupira ukaba watangiye kusaha ya saa cyenda n'igice mbere y'uko umupira utangira abakinnyi bafashe umunota umwe bacecetse bibuka abazize jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.
uyu mupira witabiriwe naba fana benshi cyane bari banaje kwirebera ahahanzi bakunda doreko abenshi  babumva ntamahirwe yo kubabona imbona nkubone,
icyagaragaye n'uko nabandi bahanzi batari muri iri rushanwa rya PGGSS II nabo bitabiriye uyu mukino baje kwifanira abahanzi bagenzi babo aho tubona nka GITOKO naba sore babiri bomuri ARBAN BOYZ nabandi bahanzi bajyiye bicara ahantu hatandukanye mubafana,

Jeudi, 26 Avril 2012 13:01

Umukino uzahuza abahanzi n'abanyamakuru

Published in abahanzi Written by leonardo

28/4/2012 ku isaha ya saa munani z’amanywa ,ruzaba rwambikanye hagati y’abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS n’abanyamakuru bakora ibiganiro by’imikino n’imyidagaduro.

Uyu mukino uzaba ku isaha ya saa munani z’amanywa ntibizaba byoroshye na gato dore ko ku mpande zombi abakinnyi bakaniye. Uyu mukino uzabera kuri stade Amahoro wateguwe mu rwego rwo kwibuka abahanzi n’abanyamakuru bahitanwe na Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Muri uyu mukino w’abahanzi bakunzwe mu Rwanda bari mu irushanwa rya PGGSS bagerageza kuba bakina umupira w'amaguru. Hazanagaragaramo abanyamakuru basanzwe bazwi mu bitangazamakuru bitandukanye bivuga ku myidagaduro.

Ntago ari abanyamakuru n’abahanzi gusa bazakina uyu mukino dore ko harimo na bamwe mu bakozi ba Bralirwa na East African Promoters.

Dore abakinnyi bahamagawe kuri buri ruhande :

Umuhanzi Emmy niwe washyize indabo ku rwibutso rwa Ntarama, naho ku rwibutso rwa Nyamata Bull Dog na Riderman nibo bashyize indabo kuri uru rwibutso.

Usibye Knowless uri mu Ububiligi abandi bahanzi 9 bazahatana muri PGGSS II bari bitabiriye uyu muhango wo gusura inzibutso za Ntarama na Nyamata mu Ubugesera.

Birakwiye ko abahanzi nabo bagera kunzibutso kandi nabo bakigisha ku bibi bya jenoside
aba bahanzi batanze ni nkunga yamafaranga ibihumbi magana atatu (300,000frws)

Lundi, 02 Avril 2012 13:16

Ntibyari byoroshye kumenya abatsinze Salax Awards

Published in abahanzi Written by leonardo

Ku itariki ya 31 Werurwe 2012, ni umunsi wari umaze igihe kigera ku mwaka wose utegurwa n’IKIREZI Group  ari nayo itanga ibihembo bya Salax Awards ku bahanzi n’abantu baba barabaye indashyikirwa muri muzika buri mwaka. Kuri uyu munsi wo gutanga ibi bihembo abateguye iki gikorwa ni abo gushimirwa by’umwihariko kubera ubwitange ndetse n’udushya bagaragaje mu itegurwa ry’ibi birori byari byitabiwe n’abantu b’ingeri zose.

IKIREZI ltd yateguye ibi birori yagaragaje ubwitange, ubushishozi, guha agaciro abahanzi nyarwanda ndetse n’iki gikorwa muri rusange nkuko byagaragaye ku munsi wo kuwa GATANDATU.

Ibihembo byatanzwe kubahanzi mu njyana n’ibikorwa bitandukanye bagezeho mu mwaka wa 2011.

Uko ibihembo byatanzwe :

 

  • «
  •  Début 
  •  Précédent 
  •  1 
  •  2 
  •  3 
  •  4 
  •  5 
  •  6 
  •  7 
  •  8 
  •  9 
  •  Suivant 
  •  Fin 
  • »
Page 1 sur 9
Sunday schedule

Hano turagendera kw`isaha yabari  Amerique de l`Est

*Indirimbo zinyuranye*

10h:40´Am : isomo ry`umunsi

11h00`Am : UMUNSI W`IMANA.  Messe en francais

 


9h00 Pm: Twidagadure kuri radio susuruka

 

 

23h00 H.de KIGALI: INDIRIMBO GAKONDO  Igitaramo

Gahunda z`ijoro ziratangira 3h:00 am

 

----------------------

Ino ngenga bihe ishobora guhinduka cyangwa tukongeramo izindi gahunda.

Hagati aho iracyari agateganyo.

Saturday schedule

 

06:00: Urubuga rw`abadivantiste b`umunsi wa 7


14:00 :umuziki

 


susuruka music mix

23h00 Umwanya yo kwidagadura & indirimbo zinyuranye

 

Ino ngenga bihe ishobora guhinduka cyangwa tukongeramo izindi gahunda.

Hagati aho iracyari agateganyo.

friday schedule

Kuwa kane

14:00: gutangira ibibiganiro

14:30: Country music

15:00: Umuziki unyuranye

-------------------------------------

05:00 : Indirimbo zinyuranye

14:00 : -Publicite+ Radio

14:10 : -Isomo ry`umunsi

14:15 : -Sa Parole pour aujourd´hui

18:30 : Top 40 rediffusion music  mix


Mushobora ragusuhuza no kuganirira abandi live kuri skype

 

 

---------------

Ino ngenga bihe ishobora guhinduka cyangwa tukongeramo izindi gahunda.

Hagati aho iracyari agateganyo.

What do you think of the new website design?

Ushobora gutera inkunga radio susuruka unyuze kuri uyu murongo

Amount: 

mod_vvisit_countermod_vvisit_countermod_vvisit_countermod_vvisit_countermod_vvisit_countermod_vvisit_counter
mod_vvisit_counterToday64
mod_vvisit_counterYesterday224
mod_vvisit_counterThis week288
mod_vvisit_counterLast week1365
mod_vvisit_counterThis month4847
mod_vvisit_counterLast month8065
mod_vvisit_counterAll days62014

We have: 3 guests online
Your IP: 38.107.179.211
 , 
Today: Mai 21, 2012

GET IN TOUCH

Uramutse ufite ikibazo cy`imikorere yacu cyangwa utatwumva neza n`ibindi bibazo byose waba ufite watwandikira kuri

e mail yacu:
radio@susuruka.com
Tel phone/studio:
-----------

« Mai 2012 »
Lun Mar Mer Jeu Ven Sam Dim
  1 2 3 4 5 6
7 8 9 10 11 12 13
14 15 16 17 18 19 20
21 22 23 24 25 26 27
28 29 30 31